Musanze: 90% by’ababajijwe na virunga Today, bemeje ko muri Tirusa kwa Mushakamba, ariho hantu hambere heza kandi hahendutse mu mujyi wa Musanze, ho gukorera ubukwe
Uko umujyi wa Musanze ugenda waguka ukarushaho no kuganwa n’abantu b’ingeri zose niko n’ibikorwaremezo bijyanye n’imyidagaduro bigenda birushaho kwiyongera. Kuri


















