Musanze: Ubuyobozi bw’akarere bwasabye abaturage kwirinda kunywa ibinyobwa byengwa mu buryo butemewe, hatekerezwa ku icibwa burundu ry’ibinyobwa bya gakondo birimo inzagwa, ikigage n’ubushera
Ubu busabe bw’ubuyobozi bw’Akarere bukubiye mu itangazo ryasohotse kuri uyu wa gatanu taliki ya 11/07/2026, rigashyirwaho umukon0 na Meya Nsengimana


















